Umugabo wange ubu yateye inda abakobwa bose banyambariye mu bukwe. Inkuru y’uyu mugore yatangaje benshi.
Ku isabukuru ye y’imyaka 70 umusaza yakoze agashya ashyira hanze urutonde rw’abagore bose amaze kuryamana nabo. IREBERE NAWE…
Batandukanye ku munsi w’ubukwe, nyuma yaho bimenyekanye ko umukobwa yararanye n’uwo bahoze bakundana.
Uyu mugabo utinya abagore bikaze, avuga ko amaze imyaka 55 yihishe, ngo aracyari imanzi ku myaka ye 71.
Umukinnyi udakora imibonano byibuze inshuro zirenga enye ntiyakina mu ikipe yange. Uyu mutoza ukomeye ku isi yatangaje benshi.
Ikipe ya PSG imaze kubura abarenga miliyoni 2 bayikurikiraga nyuma yuko batangaje ko Messi azayivamo.
Byose babizana gacye gacye kugeza tubimenyereye, Suede yamaze kugira imibonano mpuzabitsina umukino nk’indi yose. Amarushanwa aratangira vuba.
Messi uri guhabwa arenga miliyari ngo ave mu Bufaransa, agiye gukina umukino we wa nyuma muri Psg.
Chelsea iri mu rwobo yamaze kuzana Pochettino nk’umutoza mushya. Ese niwe uzayizahura?
Yasabye inzu cyangwa miliyoni 80 ngo akinire Amavubi byose barabyanga. Leandre Onana ntagikiniye u Rwanda nkuko byari bitegerejwe.
Kiyovu Sports, Arsenal na Dortmund, ikipe zikora kimwe zitaba hamwe. Bamwe bati bazazikorere irushanwa ryihariye turebe izagitwara.
Mu marushanwa 7 yakinnye muri uyu mwaka birangiye nta gikombe na kimwe atwaye. Cristiano Ronaldo yaciye agahigo kabi ku isi.
DR Congo: Imyigaragambyo ikaze muri congo yasize amabendera ya amerika n’ububiligi atwitswe.