Umugabo wange ubu yateye inda abakobwa bose banyambariye mu bukwe. Inkuru y’uyu mugore yatangaje benshi.
Ku isabukuru ye y’imyaka 70 umusaza yakoze agashya ashyira hanze urutonde rw’abagore bose amaze kuryamana nabo. IREBERE NAWE…
Batandukanye ku munsi w’ubukwe, nyuma yaho bimenyekanye ko umukobwa yararanye n’uwo bahoze bakundana.
Uyu mugabo utinya abagore bikaze, avuga ko amaze imyaka 55 yihishe, ngo aracyari imanzi ku myaka ye 71.
Uyu mukinnyi udasanzwe avuga ko yavutse hashize imyaka ine nyina apfuye. Nanubu arasabwa gusobanura uko byagenze.
Bamwe bati wasanga igihe ari iki ku Mavubi, abandi bati indege ntizazima. Ese koko Amavubi yaba agiye kujya mu gikombe cy’isi cya 2026. Irebere...
Ubu noneho twakwitega ko mu myaka 10 imbere Amavubi ashobora gusubira mu gikombe cya Africa.
Umufana udasanzwe yakoze agashya agabira Neymar imitungo ye yose ndetse abisinyira no mu mategeko.
Bidasubirwaho Joackim Ojera azakomeza kuba umukinnyi wa Rayon Sports.
Ubwongereza bugiye gutakambira Arabia Saudite ngo ihagarike kubatwarira abakinnyi bakomeye.
Byarangiye Lionel Messi agiye gusezera umupira w’amaguru. Benshi bari mu marira.
Singishishikajwe no gutwara izindi Ballon D’or, ibyo nashakaga mu mupira byose narabibonye. Imana y’umupira yatunguye benshi.
DR Congo: Imyigaragambyo ikaze muri congo yasize amabendera ya amerika n’ububiligi atwitswe.