Umugabo yavuze ko adashobora kugura impeta ihenze kuko umukobwa agiye kurongora nawe adahenze.
Uyu mukobwa ahamya ko ubwiza bwe budashobora gutuma yiyishyurira inzu. Irebere uko amaze imyaka ateka imitwe…
Umugabo yatunguwe no gukanguka agasanga igitsina cye bagikuyeho atabizi. Irebere ibidasanzwe byabaye.
Yariyahuye amera nk’uwapfuye ariko nyuma aza kuzuka. Irebere ubuhamya bwe ndetse nibyo yabonye.
Bamwe bati ntazi kuyikoresha, abandi bati atinya abamwinjirira. Museveni yashyize avuga impamvu nanubu agikoresha phone ya gatushi yonyine.
Bigenda bite iyo habaye impanuka mu ruganda rwa Nikleyeri. Dore ibyago igihugu kiba gifite iyo cyubatse uru ruganda kirimbuzi, nkurugiye kubakwa mu Rwanda
Ibintu byahinduye isura nyuma yuko bitahuwe ko Ali Bongo atari umunya Gabon.
AFRICA: Mu gihe bamwe bibaza ari bande bakurikiraho, Irebere ukuntu kudeta zakozwe mu myaka itatu ishize.
Ambasaderi wanze kuva mu gihugu nawe bamufungiye amazi n’umuriro. Irebere agakino katoroshye
Africa niho honyine umugabo aba perezida, umugore akaba minisitiri umwana akayobora igisirikare. Abantu bibasiye Museveni karahava.
AFRICA: Mu gitondo cya kare habaye indi kudeta ibintu bikomeza gukomerana Ubufaransa.
Prigozhin ntabwo yapfuye icyo babonye mu ndege ni igikorano kimeze nka we. Menya byinshi biteye ubwoba kuri iyi ngingo itavugwaho rumwe.
Abarenga 500 byatangajwe ko baburiye ubuzima mu rugendo rutagatifu i Maka.