Umugabo wange ubu yateye inda abakobwa bose banyambariye mu bukwe. Inkuru y’uyu mugore yatangaje benshi.
Ku isabukuru ye y’imyaka 70 umusaza yakoze agashya ashyira hanze urutonde rw’abagore bose amaze kuryamana nabo. IREBERE NAWE…
Batandukanye ku munsi w’ubukwe, nyuma yaho bimenyekanye ko umukobwa yararanye n’uwo bahoze bakundana.
Uyu mugabo utinya abagore bikaze, avuga ko amaze imyaka 55 yihishe, ngo aracyari imanzi ku myaka ye 71.
Bamwe bati ntituzakina ku zuba, abandi bati ntituzakina ku matara. Ferwafa yashyizeho ibiciro by’igikombe cy’amahoro ariko habura ubwumvikane.
Perezida wa Kiyovu nyuma yo gutakaza igikombe yahunze igitaraganya. Bamwe bati abikora abizi kandi abishaka.
Neymar agiye kwerekeza muri Manchester united ndetse bigeze kure.
Bamaze umwaka wose badushakira itike yo gusohoka, abafana ba Rayon bashimiye Kiyovu yatumye bongera kujya mu mikino ya CAF.
Yewe ni Arsenal yo mu Rwanda, Kiyovu sports imaze igihe yishimira igikombe yabaye iciro ry’imigani nyuma yo kugwa i Gologota.
Cristiano Ronaldo washakaga kujya muri Arsenal, yemeza ko iyo imugira bari gutwara igikombe.
Uyu mugabo afite abahungu babiri bakina umupira i burayi, ariko nanubu kuriwe no kubona icyo kurya biracyari inzozi. Ubuzima bwe burababaje.
Ese Rayon Sports izongera gutwara igikombe bigenze bite?
DR Congo: Imyigaragambyo ikaze muri congo yasize amabendera ya amerika n’ububiligi atwitswe.