spot_img

Uyu mukinnyi wa filimi z’urukozasoni yavunitse igitsina bari gufata amashusho. IREBERE NAWE…

- Advertisement -

Uyu mukinnyi wa filime z’urukozasoni (porn) witwa Liam Ellis asanzwe akomoka muri Australia, yavuye imuzi inkuru y’ukuntu yavunitse igitsina mu gihe bari bari gufata amashusho ya filimi nshya yendaga gusohoka maze bigatuma akazi ke gahagarara igitaraganya.

Ellis ati: “narindi mugikorwa (mpuzabitsina) ubwo twari turi gufata amashusho yizi filimi z’urukozasoni yendaga kuzasohoka, nagize ibyago igitsina cyange kirasohoka ariko nkomeza umujyo narindimo kuko nari naryohewe cyane, bitewe nuko cyari cyamaze guta umurongo waho cyagombaga kujya byanteye impanuka ikomeye ntari niteguye. Kuva ubwo igitsina cyange cyahise kigonda ndetse kiravunika”

- Advertisement -

Yavuze ko ako kanya biba atigeze ababara ndetse bisa nkaho ntacyo yumvise, ahubwo byaje gukomera nyuma. Kuva ubwo ngo igitsina cye cyagize imvune yigihe kirekire ngo ndetse cyahise gihindura n’ibara cyiba umukara. Ati: “nyuma naje kubyimbirwa bikomeye ndetse igitsina cyange gihinduka umukara” uyu ngo byaje gutuma ajya kwa muganga baramubaga ngo bagarure ubugabo bwe mu murongo ndetse ngo aza no koroherwa ariko kuri we avuga ko atazigera yongera gusubira nkuko yahoze mbere.

- Advertisement -

Icyakora yemeza ko nubwo yabigiriyemo ububabare ngo yanatomboye bakamusiramura ku buntu, ngo bikaba ari ibintu yahoze yifuza kuva na mbere ariko bikaba bitari byaramukundiye mbere yuko agira iyi mpanuka. Mbere yuko aba icyamamare mu gukina filimi z’ubusambanyi uyu yabanje gufungwa imyaka irenga ine azira gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge, amaze gufungurwa ngo icyo yakoze byari uguhindura imimerere n’imibereho ndetse agahindura nibyo yakoraga. Yahise ajya gukina filimi z’urukozasoni ndetse aba icyamamare cyane.

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles