spot_img

Uyu mugore ukunda imibonano kurusha abandi ku isi, amaze kuryamana n’abagabo 300 mu mwaka umwe gusa. Irebere uko abikora

- Advertisement -

Uyu mugore witwa Annie w’imyaka 26, akomoka muri Australia, yavuze ukuntu akunda imibonano mpuzabitsina abantu barumirwa ndetse bamwe bamwita umusazi.

Mu mezi 12 gusa uyu yavuze ko yaryamanye n’abagabo byibuze 300, uyu kandi ufata ibi bikorwa bye nk’ibyishimo birenze, anavuga ko uku kuryamana n’abantu benshi bimwongerera imbaraga cyane. Yagize ati: “njye mba numva binyongerera imbaraga cyane, imibonano ituma numva merewe neza cyane, ibyo mvuga nukuri, imibonano mpuzabitsina ituma umuntu amererwa neza, kuri njye by’umwihariko numva binejeje cyane ndetse biturishije umutima wange

- Advertisement -

Mu gihe benshi bibazaga uko yabashije kugera kuri aba bantu 300, uyu mukobwa yongeyemo agashya avuga ko aba bose yaryamaniye nabo mu nzu ye, aho atuye atigeze arenga umuryango ngo abasange iwabo cyangwa mu mahoteli. Uyu avuga ko adashobora kubura umuntu basambana na rimwe bitewe nuko yifashisha imbuga za internet abantu bahuriraho bateretana, ariko by’umwihariko anifashisha urubuga rwe rwa OnlyFans ubu rwamamaye mu guhuriraho abantu bacuruza amashusho y’imibonano mpuzabitsina.

Uyu kandi uretse no kuba akunda imibonano mpuzabitsina cyane, anagurisha amashusho ye y’ubusambanyi, ndetse avuga ko ku munsi ashobora kwijiza amadorali 1000 ayakuye murayo mashusho. Uyu kandi anafite abagabo umunani bahoraho bahura buri cyumweru, uyu mugore benshi bise shitani igenda kandi yatangaje ko uretse abagabo, anaryama n’abagore bagenzi be.

- Advertisement -

Kuri we ngo ntabwo ashobora guhitamo hagati y’abagabo n’abagore kuburyo yaguma kuruhande rumwe, ngo kuko kuryamana n’abagabo ndetse n’abagore buri kimwe gifite ibyiza n’ibibi bityo aba ashaka kubona ibyo byiza byose byo ku mpande zombi.

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles