spot_img

Umugabo wange ndamwonsa kuko akunda amashereka kurusha amata. Uyu mugore yasekeje abantu benda kugwa.

- Advertisement -

Uyu mugore udasanzwe yatanze ubuhamya abantu barumirwa ariko kandi basigara bibaza niba byari ngombwa kubibwira isi yose, umugore ati: “umugabo wange nkunda kumwonsa ku ibere ryange, ibi byatumye turushaho gukundana cyane ariko kandi ninabyiza ku buzima bwe”

Rachel Bailey w’imyaka 30 akomoka muri Amerika, avuga ko iki gikorwa bagitangiye bikino we n’umugabo we alexander nawe w’imyaka 30 muri 2017, gusa ngo baje gufatiraho kugeza n’ubu byabaye umuco ko umugabo we yonka amashereka buri munsi. Uyu mugore w’abana batatu avuga ko umugabo we yagiye amera neza buri uko yagendaga yonka ndetse n’uruhu rwe rukarushaho kuba rwiza cyane.

- Advertisement -

Aba kandi bavuga ko ntacyo bibabwiye ndetse bitabateye isoni bitewe nuko nta kibi kibirimo kubikora. Ati: “urebye bimeze nka kirazira ariko twashatse ko buri umwe murugo yaba abana n’umugabo basangira kuko atari bibi na gato, ntanubwo rero biduteye isoni” uyu mugabo bivugwa ko yatangiye konka amashereka ku mugore uwo amashereka yari yamubanye menshi cyane kuburyo abana batari bagishoboye kuyonka.

Umugore ati: “byose byatangiye ubwo nari nagiye kurugendo, icyo umwana wange wa kabiri niwe waruri ku ibere ubu afite imyaka itandatu, bitewe nuko nari nibagiwe icyuma cyamfashaga gukuramo amashereka ngo adakomeza kundya nari merewe nabi cyane mu gihe cy’iminsi ibiri yose. Narimfite ububabare buteye ubwoba kuburyo nageze aho ngatekereza ko nazabikuramo n’indwara”
“nibwo twafashe umwanzuro ko umugabo wange yagerageza akonka ayo mashereka ngo turebe ko byashoboka akankiza ububabare nari mfite. Twese twari dufite impungenge kuruwo mwanzuro ariko nyuma twaje gusanga ari amahitamo meza yaba kuri njye no ku mugabo wange. Gusa tubikora ubwa mbere twari tugamije kwirwanaho ngo mpagarike uburibwe”

- Advertisement -

Umugore yakomeje avuga ko umugabo we kuva yatangira kumwonka bagiye banarushaho gukundana cyane, ubu ngo biyumvanamo kurusha mbere. Na nyuma yaje kubyara undi mwana wa gatatu ngo amashereka akomeza kuba menshi cyane, umugabo we yagiye abyungukiramo kuko ngo yashoboraga konka inshuro eshatu cyangwa enye ku munsi.

Kuri uyu munsi rero ngo umugabo we asigaye akunda amashereka cyane kurusha uko akunda amata, ndetse umugore ahamya ko burikintu cyose ariye kinagirira umugabo we akamaro, kabone nubwo we yaba atariyeho kuko yonka amashereka arimo za ntungamubiri. Icyakora avuga ko abana aribo baza mbere, abanza kumenya neza abana bonse bagahaga alexander umugabo we akabona konka amashereka asigaye.

Ese wowe wakwemera konsa umugabo wawe, ese uri umugabo wakwemera konka amashereka?

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles