Dore Ibyo Ukwiye Kumenywa Ku Ndege Ya Amerika Yakoreshejwe Mu Gitero Kuri Irani. Radar Ntago ishobora kuyibona
Amerika Yashyize Yemera Ko Itazi Aho Irani Yahishe Ibikoresho Byayo Bya Nikleyeri.
Iran Yatangaje Ko Igomba Gusubiza Amerika Vuba Bidatinze.
Manchester City Yamaze Kubona Uzasimburwa Pep Guardiola
Leta ya Trump irateganya kongeramo ibihugu 36 mu bihano byo kwaka visa.
Hashize imyaka 4 apfuye, nanubu urupfu rwe ruracyari amayobera. Abarundi uyu munsi bibutse urupfu rwa Perezida Nkurunziza
DR Congo: Imyigaragambyo ikaze muri congo yasize amabendera ya amerika n’ububiligi atwitswe.
Russia: Urukiko rwemeje ibihano bikakaye ku muntu uzafatwa yamamaza ubutinganyi.
Zelenskiy usa nuwatakaje ikizere avuga ko bashobora kurwana Amerika idahari. Icyo ashaka we ngo ni ugutsinda Uburusiya niyo yaba wenyine.
Bamwe bati ntazi kuyikoresha, abandi bati atinya abamwinjirira. Museveni yashyize avuga impamvu nanubu agikoresha phone ya gatushi yonyine.
Bigenda bite iyo habaye impanuka mu ruganda rwa Nikleyeri. Dore ibyago igihugu kiba gifite iyo cyubatse uru ruganda kirimbuzi, nkurugiye kubakwa mu Rwanda
Ibintu byahinduye isura nyuma yuko bitahuwe ko Ali Bongo atari umunya Gabon.
Umuhanzi Chris Brown yahakanye ibyaha ashinjwa mu rubanza rw’i LondonÂ