spot_img

Ooops... Error 404

Sorry, but the page you are looking for doesn't exist.

Mu bihugu bisenga cyane u Rwanda ntirurimo, gusa Afurika yihariye imyanya myinshi. Irebere nawe ukuntu isengesho rihagaze ku isi.

Gahunda zo gusenga Imana imwe nkuko amadini menshi abivuga, yagiye izanwa n’ibindi bihugu byo kuyindi migabane, bikayizana muri Africa. Gusa uko imyaka yagiye ishira...

Wari uziko mu Bushinwa habarizwa inzu zitabamo abantu zacumbikira abaturage b’u Rwanda na Uganda bateranyije. Irebere nawe?

Ntibisanzwe ndetse benshi byabagora kubyemera ariko mu bushinwa hari imijyi myinshi yiswe imijyi y’imizimu (ghost towns). Hari ahitwa Ordos New Town, hatangiye kubakwa no...

Inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye Marseille, ihagarika indege n’ingendo

Inkongi y’umuriro ikaze yibasiye agace ka Les Pennes-Mirabeau hafi y’umujyi wa Marseille mu Bufaransa, bituma ikibuga cy’indege cya Marseille Provence Airport gifunga imirimo yose,...

Umugabo yariye karungu nyuma yo gusanga abana bane amaze imyaka myinshi arera bose atari abe. Bamwe bati uyu mugore ajyanwe mu rukiko ahanwe.

Uko iminsi igenda ishira hari ibyabaga ari ubwiru kera ubu bigenda bisobanuka, mu myaka yashize umugabo yashoboraga kurera umwana umwe cyangwa benshi bose bagakura...

Niwe muntu wenyine wakatiwe igihano cya burundu akakirangiza. Yarapfuye arazuka none ubu ari murubanza rukomeye.

Hari ibintu biba mu buzima bwa buri munsi bitangaje ariko ibindi bikaba amayobera, uyu mugabo witwa Benjamin Schreiber yari yarakatiwe igihano cya burundu y’umwihariko...

Yiyise umunyamategeko aburana imanza zirenga 20 zose arazitsinda, ubu yatawe muri yombi ashinjwa kwiha umurimo adafitiye ubushobozi. Menya byinshi kuri uyu munyamategeko udasanzwe

Uyu mugabo wiyitaga umwavoka maze akajya kuburanira abantu ubu yamaze gutabwa muri yombi, inkuru ya BBC ivuga ko uyu wiyitaga Brian Mwenda mu nkiko...

Mu buryo butangaje, wari uziko igikeri cy’ikigore gishobora kwipfusha iyo kidashaka guhuza ibitsina na mugenzi wacyo. Irebere uko bimeze…

Imibonano mpuzabitsina ni igikorwa gikenerwa nikintu cyose kiri ku isi gihumeka, abantu kenshi bibeshya ko aribo bakoresha amayeri menshi iyo bashaka gukorana imibonano mpuzabitsina...

Dore ibiribwa byongera intanga ku bagabo! Ubuzima bw’imyororokere butangirira ku mafunguro

Wari uzi ko ibyo urya bigira uruhare rukomeye mu kongera intanga no kurinda ubushobozi bw’imyororokere y’abagabo? Nubwo abantu benshi batekereza ko ibibazo by’intanga nke...
- Advertisement -spot_img

Latest Articles