spot_img

Wari Uziko Atari Byiza Gusoma Umuntu Wapfuye Nubwo Hari Ababikora? Dore Ingaruka.

- Advertisement -

Abantu bagira akababaro mu buryo butandukanye, sibyo gusa abantu basezera ababo nabwo muburyo butandukanye ariko hari ababikora mu buryo buteye inkeke, nkabo ubona basoma umurambo biturutse ku rukundo bakundaga nyakwigendera, ariko se waba uzi ingaruka mbi ku buzima zaba zirimo hano?

Umuhanga mu by’ubuzima dogiteri Viktor Ivanovik wo muri Moldavia yagaragaje ko ibi birimo ingaruka nyinshi ndetse abantu bakwiye kubihagarika.

- Advertisement -

Yagize ati: “nyuma y’amasaha icyenda (9) umuntu apfuye burya umubiri we utangira kwangirika ndetse na za microbe zigatangira gukwirakwira ahantu hose, aha ni naho uzumva hatangiye kuza umwuka utari mwiza. Hano rero uretse no kuba umwuka utari mwiza ushobora gutuma utamererwa neza mu mubiri ariko na microbe burya nawe zitangira kukwinjiramo”

- Advertisement -

Bamwe usanga basoma ba nyakwigendera nko ku kiganza, ku gahanga ndetse bakaba bagiye basubiza uwo mugabo ko bidashoboka ko watakaza nk’umubyeyi wawe ngo ureke kumusoma umusezera, hari abavuga yakwemera akandura izo ndwara cyangwa agakuramo ibyo byago ariko ntareke umuntu agenda atamusezeye uko abyifuza.

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles